Abamotari bakanguriwe gufatanya n’ubuyobozi mu kurinda icyahungabanya umutekano w’abaturage

Kuri uyu wa 31/10/2019 Hon. Guverineri Mufulukye Fred ari kumwe n'abayobozi b'inzego z'umutekano mu Ntara y'Iburasirazuba ,Umuyobozi w'Akarere,Bwana…

Read more →

Kujyana Abana mu Marerero bikwiye kuba intego ya buri wese

Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage MUREKATETE Juliet yavuze ko buri muturage akwiye kumva ko amarerero afite umumaro…

Read more →

Abazitabira Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13 basabwe gukunda Igihugu no ku gikorera

Mu Karere ka Nyagatare kimwe n’ahandi mu Gihugu hose hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa by’Urugerero rw’Inkomezabigwi ikiciro cya 13, byitabiriwe…

Read more →

Kiyombe: Urubyiruko 20 rwahawe impamyabumenyi mu bijyanye no kwita ku miyoboro y’amazi

Urubyiruko 20 rwo mu Murenge wa Kiyombe rwahawe impamyabumenyi mu masomo bari bamaze amezi atandatu mu ishuri rya Cyondo TSS, aho bize amasomo yo…

Read more →

Imirire y’abana, isuku n’imyigishirize, mu byo Abayobozi b’ibigo by’amashuri basabwe kwitaho

Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere Kakooza Henry, yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kuba biteguye bihagije kwakira abanyeshuri, by’umwihariko…

Read more →

Abivuriza ku ivuriro rya Nyabitekeri bishimira ko begerejwe serivisi z’amaso

Abarwayi bagana Ivuriro rya Nyabitekeri ryongerewe ubushobozi (Second generation) riherereye mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe barishimira…

Read more →

Mu Murenge wa Rukomo hatangirijwe ishyirwa mu bikorwa ry’igihano gishya cy’imirimo nsimburagifungo

Mu Murenge wa Rukomo hatangirijwe ku mugaragaro ishyirwa mu bikorwa ry’igihano gishya cy’imirimo y’inyungu rusange, gihabwa abafunzwe bahamijwe ibyaha…

Read more →

Karama: Abaturage basabwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n'icuruzwa ry'abantu

Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Beline Uwineza, yasabye ababyeyi bo mu Karere ka Nyagatare kugira umuco wo…

Read more →

Abaturage batuye Mirama bishimiye isoko bubakiwe

Abaturage bo mu Murenge wa Nyagatare, Akagari ka Nyagatare, Mirama II bishimiye ko bubakiwe isoko rizabarinda imvura izuba n’ivumbi byabazengereje…

Read more →

Abaturage bashima ko iterambere bagezwaho ntawe riheza

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare bagaragaza ko ibikorwa bagezwaho by’iterambere bitagira uwo bisiga inyuma by’umwihariko umujyi wa…

Read more →