Kiyombe: Urubyiruko 20 rwahawe impamyabumenyi mu bijyanye no kwita ku miyoboro y’amazi
Urubyiruko 20 rwo mu Murenge wa Kiyombe rwahawe impamyabumenyi mu masomo bari bamaze amezi atandatu mu ishuri rya Cyondo TSS, aho bize amasomo yo…
Imirire y’abana, isuku n’imyigishirize, mu byo Abayobozi b’ibigo by’amashuri basabwe kwitaho
Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere Kakooza Henry, yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kuba biteguye bihagije kwakira abanyeshuri, by’umwihariko…
Abivuriza ku ivuriro rya Nyabitekeri bishimira ko begerejwe serivisi z’amaso
Abarwayi bagana Ivuriro rya Nyabitekeri ryongerewe ubushobozi (Second generation) riherereye mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe barishimira…
Mu Murenge wa Rukomo hatangirijwe ishyirwa mu bikorwa ry’igihano gishya cy’imirimo nsimburagifungo
Mu Murenge wa Rukomo hatangirijwe ku mugaragaro ishyirwa mu bikorwa ry’igihano gishya cy’imirimo y’inyungu rusange, gihabwa abafunzwe bahamijwe ibyaha…
Karama: Abaturage basabwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n'icuruzwa ry'abantu
Visi Perezida w’Umutwe w’Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Beline Uwineza, yasabye ababyeyi bo mu Karere ka Nyagatare kugira umuco wo…
Abaturage batuye Mirama bishimiye isoko bubakiwe
Abaturage bo mu Murenge wa Nyagatare, Akagari ka Nyagatare, Mirama II bishimiye ko bubakiwe isoko rizabarinda imvura izuba n’ivumbi byabazengereje…
Abaturage bashima ko iterambere bagezwaho ntawe riheza
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare bagaragaza ko ibikorwa bagezwaho by’iterambere bitagira uwo bisiga inyuma by’umwihariko umujyi wa…
Ubuyobozi bwijeje aborozi gukora ibishoboka kugira ngo bakore ubworozi bwishingiwe
Ubuyobozi bwa RAB buvuga ko hari ibiri kunozwa kugira gahunda y’ubwishingiz bw'amatungo ibe nta makemwa.
Kayumba John uhagarariye RAB na mu Turere…
GS Nyagatare: Ababyeyi barashima ko haciwe amacumbi yashoraga abana mu ngeso mbi
Abarerera mu ikigo cya GS Nyagatare giherereye mu Murenge wa Nyagatare, bashima ko cyahisemo guca burundu kwiga mu burezi bw’ibanze bw’imyaka 9 na 12…
Ababyeyi bagana ikigo nderabuzima cya Bugaragara barashima inzu yo kubyariramo yisanzuye bubakiwe
Bamwe mu babyeyi bagana Ikigo nderabuzima cya Bugaragara giherereye mu Murenge wa Rwimiyaga, bavuga ko kuba hari inzu yo kubyariramo yuzuye yaje ije…