Kwibohora 32: Byuma Faustin wa Rwimiyaga yagabiwe inka
Mu kwizihiza Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 32, umuturage witwa Byuma Faustin wo mu Murenge wa Rwimiyaga yagabiwe inka ifite agaciro k’ibihumbi 500…
Ibiti n’imigano biteye ku Muvumba byazanye impinduka ku mibereho y’abaturage
Bamwe mu baturage bahinga mu kibaya kiri mu gishanga cya Cyonyo mu nkengero z’umugezi w’Umuvumba yavuze ko ibiti by’imikinga n’imigano Leta yateye mu…
Umuhanda Nyagatare-Rwempasha-Kizinga witezweho guhindura imibereho y'abaturage
Abaturage n’abakoresha umuhanda Nyagatare–Rwempasha–Kizinga bari mu byishimo nyuma y’uko uyu muhanda utangiye gushyirwamo kaburimbo, bikaba bikemura…
Ibagiro rya kijyambere ryaruzuye riri hafi gutangira gukorerwamo
Ibagiro rya kijyambere ryuzuye riherereye mu Murenge wa Nyagagatare, Akgari ka Nyagatare.
Kuri ubu iri bagiro ryamaze kubona umushoramari uturuka…
Umuyobozi w'Akarere Kakooza Henry yahaye ikaze abahawe ubwenegihugu bw'u Rwanda
Mu muhango wo kurahiza no gutanga ubwenegihugu ku baturage batatu basabye ubwenegihugu nyarwanda, Umuyobozi w'Akarere w'agateganyo, Kakooza Henry…
Karangazi: Abatujwe ahazwi nka "Shimwa Paul"byabahinduriye ubuzima
Bamwe mu baturage bagiye bakurwa hirya no hino badafite aho kuba bagatuzwa mu Murenge wa Karangazi mu Kagari Ka Nyamirama, barabyinira ku rukoma aho…
Kujyana Abana mu Marerero bikwiye kuba intego ya buri wese
Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage MUREKATETE Juliet yavuze ko buri muturage akwiye kumva ko amarerero afite umumaro…
Abazitabira Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13 basabwe gukunda Igihugu no ku gikorera
Mu Karere ka Nyagatare kimwe n’ahandi mu Gihugu hose hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa by’Urugerero rw’Inkomezabigwi ikiciro cya 13, byitabiriwe…